Gukorana n’umwana wawe kugira ngo ugenzure neza ko ahitamo amagambo-banga undi muntu wese atafindura, kugira ayo ku mbuga nkoranyambaga n’iryo kuri email ni ingirakamaro kurusha ayandi. Igisha umwana wawe amenye ko ari ngombwa kwirinda kugira undi muntu abwira amagambo-banga ye kabone n’iyo baba ari inshuti z’akadasohoka cyangwa abo bava inda imwe, ariko ni byiza kuyabwira Mama na Papa.
Hari inama yumvikana mu guhitamo no gukoresha amagambo-banga kuri uru rubuga, wageraho ukanze hano.