English

Abo Turi Bo

Get Safe Online ni urubuga ruri ku isonga mu gutanga amakuru yerekeranye n’umutekano wo kuri internet atabogamye, afatika kandi atagoye gusobanukirwa. Uru rubuga ni rwo rwonyine rutanga inama zifatika ku buryo wakwirinda ubwawe, warinda umuryango wawe, imari yawe, ibikoresho n’aho ukorera ukabirinda abiba bakoresha uburiganya, abiba umwirondoro, virusi n’ibindi bibazo byinshi umuntu ahura na byo kuri internet.

Rurimo amakuru akuyobora mu ngingo zitandukanye harimo kumenya gukora kopi ngoboka (backup) no kwirinda ubujura cyangwa gutakaza mudasobwa yawe, terefone yawe igezweho cyangwa tablet yawe. Insanganyamatsiko yose wakwibazaho uyisanga kuri uru rubuga, harimo guhahira kuri internet, imikino no kurambagizanya bityo rero ushobora kugira umutekano kuri buri kintu cyose ukorera kuri internet.

Twishingikirije ku rubuga rwubashywe rwa Get Safe Online, rwafashije abantu kwirinda ubwabo mu Bwongereza kuva muri 2006, uru rubuga ruterwa inkunga binyuze muri Porogaramu y’Umuryango uhuza Ibihugu bikoresha Ururimi rw’Icyongereza yita ku mutekano wo kuri internet, ikora nk’umufatanyabikorwa wa Leta yanyu.

Inama dutanga zifatanyije gukoresha igitsure no kuba zifatika, zaditswe n’inzobere mu birebana n’amahoro n’umutekano wo kuri internet kandi kuzifashisha ni ubuntu.

Get Safe Online ni urubuga ruri ku isonga mu gutanga amakuru yerekeranye n’umutekano wo kuri internet atabogamye, afatika kandi atagoye gusobanukirwa. Uru rubuga ni rwo rwonyine rutanga inama zifatika ku buryo wakwirinda ubwawe, warinda umuryango wawe, imari yawe, ibikoresho n’aho ukorera ukabirinda abiba bakoresha uburiganya, abiba umwirondoro, virusi n’ibindi bibazo byinshi umuntu ahura na byo kuri internet.

uk international development

Rurimo amakuru akuyobora mu ngingo zitandukanye harimo kumenya gukora kopi ngoboka (backup) no kwirinda ubujura cyangwa gutakaza mudasobwa yawe, terefone yawe igezweho cyangwa tablet yawe. Insanganyamatsiko yose wakwibazaho uyisanga kuri uru rubuga, harimo guhahira kuri internet, imikino no kurambagizanya bityo rero ushobora kugira umutekano kuri buri kintu cyose ukorera kuri internet.

Twishingikirije ku rubuga rwubashywe rwa Get Safe Online, rwafashije abantu kwirinda ubwabo mu Bwongereza kuva muri 2006, uru rubuga ruterwa inkunga binyuze muri Porogaramu y’Umuryango uhuza Ibihugu bikoresha Ururimi rw’Icyongereza yita ku mutekano wo kuri internet, ikora nk’umufatanyabikorwa wa Leta yanyu.

Inama dutanga zifatanyije gukoresha igitsure no kuba zifatika, zaditswe n’inzobere mu birebana n’amahoro n’umutekano wo kuri internet kandi kuzifashisha ni ubuntu.